in

Gisagara: Umuhanda wacitsemo kabiri kuburyo bukomeye cyane

Abaturage bo mu karere ka Gisagara baratabaza ubuyobozi nyuma y’iyangirika rikomeye ry’umuhanda uhuza ibice bitandukanye by’aka karere n’aka Huye mu Ntara y’Amajyepfo.

 

Ni umuhanda uturuka mu Murenge wa Mamba ukanyura mu yindi Mirenge nk’uwa Musha na Save muri Gisagara ukagera mu Karere ka Huye.

Uyu muhanda kandi niwo unyuramo imodoka nini z’amakamyo ajya ku ruganda rubyaza amashanyarazi nyiramugengeri.

Abaturage bavuga ko wangiritse kuko mbere wari utsindagiye nyuma imvura ikaza kubisenya kuri ubu ukaba waracitsemo ibinogo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyanza: Umugabo yafunzwe azira kutagira ubwiherero asiga abana mu nzu

Andy Bumuntu yifurije isabukuru nziza y’amavuko mushiki we w’ikizungerezi mu magambo y’ubusizi(Amafoto)