in

Amavi yose hasi musenge n’aho ubundi kagiye kuba! Kano kanya ikirunga kimaze guteguza abantu ko kigiye kuruka aho bamwe amaguru bari kuyabangira ingata bahunga (AMAFOTO)

Amavi yose hasi musenge n’aho ubundi kagiye kuba! Kano kanya ikirunga kimaze guteguza abantu ko kigiye kuruka aho bamwe amaguru bari kuyabangira ingata bahunga.

Hari makuru avuga ko Ikirunga cya Nyamulagira giherereye muri Teritwari ya Nyiragongo kigiye kuruka.

Iki kirunga giherereye muri Kivu y’Amajyaruguru muri Congo, kigiye kuruka nyuma y’uko cyerekanye ibimenyetso.

Abaturage batuye i Goma biravugwa ko batangiye guhunga.

AMAFOTO

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ntaho akirara kabiri! Umuhanzikazi Ariel Wayz akomeje kwiruka mu basore kugeza n’aho yabuze uwamuryohereza kurusha abandi

Abasirimu bacyihaye ntibakina: Abafana ba Kiyovu Sports batitije umujyi bishimira igikombe cya shampiyona batari begukana – AMAFOTO