in

NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Amashusho y’umushoferi wahinduriraga umuriro w’imodoka mu bibero by’inkumi yatumye abantu bumirwa.

Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umushoferi atwaye imodoka ahindura akongera umuriro w’imodoka mu bibero by’umudamu wari wambaye akajipo gato, ibintu byasekeje abantu batari bake.

Video irerekana umudamu yicaye neza iruhande rwumushoferi afite icyuma cyongera kikagabanya umuriro mu mudoka kiri hagati y’amatako y’uyu mugore ku buryo yajyaga kongera cyangwa kugabanya akabanza kumukabakaba.

Bigaragara ko imodoka yari itwaye abantu benshi na shoferi yatendetse kuko yari yegeranye cyane n’uyu mudamu.Umutegarugori ntiyigeze ahangayikishwa no kugenda bamukora ku bibero bye,ntawavuga ko yahohotewe.Gusa bibazaga niba uriya mugore atari abangamiwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ngaba Abanyamakuru b’imikino mu Rwanda n’amakipe bihebeye mu Bwongereza.

Ibyo uyu mugabo yakorewe n’indege ntazapfa ibyibagiwe.