in

Amashusho y’umugore wakubise umugabo amacupa mu mutwe ashaka kumwica yababaje abashakanye.

Umugore yasanze umugabo we ari kumwe n’undi mugore mu kabari maze amukubitaguza icupa hafi kumwica ibintu byababaje cyane abashinze urugo bose.

Mu mashusho yashyizwe ku mbugankoranyambaga uyu mugore utatangajwe amazina yagaragaye akubitagura umugabo icupa mu mutwe ndetse n’imigeri myinshi n’ingumi amuziza ko amufatanye n’undi mugore basangiraga mu kabari.Abantu bagerageje kumukiza kuko yashakaga kumwica, dore ko umugabo na we nta mbaraga zo kwirwanaho yari afite.Yamuvishije amaraso nyuma yo kumukubita icupa mu mutwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo abafana ba Anita Pendo bamubwiye nyuma yo guca amarenga y’urukundo

Pastor Theogene abaye uwambere uvugiye isengesho mu makuru ya Radio Rwanda (Video)