in

Amashirakinyoma ku gutandukana kwa Niyo Bosco na Sunday Entertainment aherutse gusinyira – Soma itangazo

Nyuma y’ukwezi kumwe kurengaho iminsi 13, umuririmbyi Niyo Bosco, asinye amasezerano y’imikoranire na Sunday Entertainment; iyi sosiyete ireberera inyungu abahanzi yatangaje ko batandukanye bumwifuriza amahirwe masa.

Mu itangazo ryagiye hanze kuri uyu wa Mbere tariki 13 Gashyantare 2023, rigaragaza ko uyu muhanzi atakibarizwa muri Sunday Entertainment.

Hari aho rigira riti ‘‘Umuhanzi Niyokwizera Bosco uzwi nka Niyo Bosco, ntabwo akiri mu barebererwa inyungu na Sunday Entertainment Group Management”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIB yinjiye mu kirego cy’urugomo rwakorewe abafana ba APR FC

Hamenyekanye ikosa rikomeye Ishimwe Annicet wa APR FC yakoze rigatuma umutoza Ben Moussa amuha igihano cyo kumubanza hanze y’ikibuga