in

Amakuru yihutirwa areba abanyeshuri barangije amashuri yisumbuye bashaka kuzareba amanota yabo bitabagoye

Ikigo k’igihugu gishinzwe ibizami bya Leta NESA ryatangaje ko abanyeshuri bafite amarangamuntu afite amakosa bagomba gukora iyo bwabaga agahindurwa.

Iki kigo k’igihugu ibi cyabitangaje kubera ko abanyeshuri bakoze ibizamini bya Leta busoza ashuri yisumbuye ko kuzareba amanota yabo bazakorsha amarangamuntu, Ibintu bitari bisanzwe.

Mu itangazo dufitiye kopi rivuga ko ikigo k’igihugu gishinzwe ibizamina NESA kimenyesha abanyeshuri bose biyandikishije kugirango bakore ibizamini bisoza ayisumbuye S6 cyangwa TVET badafite amarangamuntu cyangwa abazifite ariko ziriho amakosa basabwe kwihutira kuzishaka no kuzikosora kugirango bazabashe kureba amanota yabo.

Ntabwo NESA iratangaza igihe ntarengwa aya manota azasohokera ariko ubwo yatangaje iri tangazo amanota ashobora kuba ari hafi gushyirwa ahagaragara.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye:Abakozi ba Twitter bari mu mazi abira nyuma yo guhomba miliyoni 4 z’amadorali buri munsi ku buyobozi bwa Elon Musk

Yooo reba amafoto mashya ya wa mwana w’amezi 2 waciwe ukuboko nyuma yuko se akuvunnye amuhora ko amusakuriza