in

Amakuru mashya yihutirwa kuri sitade yo mu Rwanda ihora iteza urujijo ku ruhando rw’isi kubera ibintu by’ingezi iba itujuje

Amakuru mashya yihutirwa kuri sitade yo mu Rwanda ihora iteza urujijo ku ruhando rw’isi kubera ibintu by’ingezi itujuje

CAF yamaze kwemerera u Rwanda ko Stade ya Huye yemerewe kwakira imikino yo guhatanira itike yo kuzakina imikino y’Igikombe cy’Africa CAN.

Ibi bikubiye mu butumwa iri shyirahamwe ryandikiye Ferwafa yo mu Rwanda, bikaba byabaye nyuma y’uko u Rwanda rusabye CAF ko yareba ko ibyo yabasabaga byuzuye.

Bivuze ko umukino u Rwanda ruzakiramo Mozambique tariki ya 18/06/2023 uzabera i Huye

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Habaye impanuka ikomeye ku rwego rwo hejuru aho imodoka yari ipakiye inzoga z’amoko yaje kugwa maze abari bayirimo bose bahabonera ibitangaza

‘Bari bashimuse Arena’ Bwa mbere abagize itsinda rya Kigali Boss basohokeye mu ruhame rw’abantu benshi aho bari bambaye imyenda ishotorana