in

Amakuru mashya kuri Kazungu Denis ufungiwe i Magererage ku byaha akurikwiranweho byo kwica abantu 14 

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro tariki ya 27 Ukwakira 2023, nibwo rwafashe icyemezo cyo gufunga Kazungu Denis iminsi 30 muri igorero rya Nyarugenge riri i Mageragere.

Bivuze ko habura iminsi 4 gusa kugira ngo iminsi 30 yakatiwe by’agateganyo irangire ubundi Kazungu Denis akongera agashyikirizwa ubutabera. Kazungu aho afungiwe akaba ahozwaho ijisho.

Kazungu Dennis ukurikiranyweho ibyaha birimo ubwicanyi, yemera ko yakoreye abantu 14, akabashyingura mu nzu yabagamo ndetse abandi akabateka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Aha niho Abanyarwanda bose bifuza kujya! Umusore uba Dubai wataye akazi ke yijejwe akazi Keza muri Dubai yaburiye Abanyafurika bose agaragaza n’uburyo Abanyafurika bagenzi babo aribo babacuruza

“Nongeye guseka” Mama Nick wari umaze iminsi arwariye mu bitaro yongeye kumwenyu ndetse ashimira Dr Kanimba nawe urwariye mu Buhinde kubera ibyo yamukoreye – VIDEWO