in

Amakuru agezweho: Umukinnyi Manchester United yateye uw’inyuma imuziza kutamenya gukina ibintu bigezweho ubu Real Madrid iri ku mubona nka zahabu

Amakuru agezweho: Umukinnyi Manchester United yateye uw’inyuma imuziza kutamenya gukina ibintu bigezweho ubu Real Madrid iri ku mubona nka zahabu.

Umunyezamu w’umuhanga cyane David De Gea wakiniye ikipe ya Manchester United imyaka myinshi akaza gutandukana nayo nyuma gushinjwa kutamenya gukinisha amaguru ubu hari amakuru meza avuga ko uyu musore ikipe ya Real Madrid imwifuza.

Real Madrid yo mu gihugu cya Espane biravugwa ko hatagize igihinduka umunyezamu David De Gea wamenyekanye cyane ubwo yakiniraga ikipe ya Manchester United yaba umukinnyi w’iyi kipe y’ubukombe mu gihugu cya Espane.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Genda Rwanda ufite abakobwa beza! Umusore witwa Joseph Morgan yemeye ava iwabo muri Ireland aza kurongora umunyarwandakazi witwa Edith mu bukwe bw’akataraboneka bwabereye ku mazi (AMAFOTO)

Izina rye ni ryiza nkawe! Hamenyekanye izina ry’umukobwa uri mu rukundo na Mbonyi