in

Amakuru agezweho: Hamenyekanye ikipe Lionel Messi yasabye Kylian Mbappe kwerekezamo ihabanye niyo abantu bari bazi

Rutahizamu Kylian Mbappe umaze iminsi avugwa mu makipe atandukanye nyuma y’uko bimenyekanye ko atazigera yongera amasezerano mu ikipe ya Paris Saint Germain burya ngo na Lionel Messi yamugiriye inama y’ikipe akwiriye kwerekezamo.

Umukinnyi wa mbere ku Isi Lionel Messi mu gihe yakiniraga ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’u Bufaransa aherutse kuvamo ngo yagiriye inama rutahizamu ukiri muto mu myaka ndetse utanga icyizere muri ruhago ku Isi dore ko benshi bemeza ko azasimbura uyu mugabo hamwe na mugenzi we Cristiano Ronaldo.

Lionel Messi yagiriye inama Kylian Mbappe yo kuva mu ikipe ya Paris Saint Germain akaba yajya mu ikipe ifite imishinga mizima kandi ihamye akaba yaramuhitiyemo ikipe ya FC Barcelona gusa amubwira ko niba ashaka kujya muri Real Madrid akwiriye gufata umwanzuro uhamye kugira ngo azagere ku nzozi ze.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi byo biteye agahinda birenze n’ukwemera! Bari baramaze gutanga mvitasiyo z’ubukwe bwabo none bajyanye na Pastor Theogene

Amakuru agezweho: APR Fc yabonye umuyobozi mushya