in

Amafoto:Dore abahanzi 10 bacyize kurusha abandi muri Africa

Abahanzi bari muri bamwe babona agatubutse bitewe n’ibihangano byabo, twabateguriye urutonde rw’abahanzi bafite amafaranga menshi hano muri Africa.

1.Youssou N’dour
Ni umuhanzi wo mu gihugu cya Senegal uyu atunze angana nka miliyoni 145 z’amadolari uyu kandi aherutse kuza mu Rwanda mu muhango wo Kwita Izina.

2.Akon
Ni umuhanzi nawe wo mu gihugu cya Senegal ariko akorera umuziki we muri America, atunze miliyoni 80 z’amadolari.

3.Black Coffee
Ni umuhanzi wo mu gihugu cya Africa y’epfo, atunze miliyoni 60 z’amadolari.

4.Wizkid
Ni umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria atunze miliyoni 30 z’amadolari.

5.Davido
Ni umuhanzi wo muri Nigeria atunze miliyoni 29 z’amadolari

6.Asa
Ni umuhanzikazi ukorera umuziki mu gihugu cya France akaba akomoka mu gihugu cya Nigeria, atunze miliyoni 28 z’amadolari.

7.Don Jazzy
Ni umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria atunze miliyoni 18 z’amadolari.

8.Burna Boy
Ni umuhanzi wo mu gihugu cya Nigeria atunze miliyoni 17 z’amadolari.

9.2Face Idibia
Ni umuhanzi uzwi ku izina rya 2Baba wo mu gihugu cya Nigeria atunze miliyoni 16.5 z’amadolari.

10.Paul Okeye
Ni umuhanzi umwe mu bagize itsinda rya P-Square uzwi ku izina rya Rude boy wo muri Nigeria atunze miliyoni 16 z’amadolari

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Clapton Kibonge yasangije abafana be ibintu bisekeje yakoraga atarashaka umugore

Umukinnyi wa Rayon Sports yongeye kugaragara ari mu biganiro na bamwe mu bayobozi ba APR FC