in

Amafoto y’umupasiteri wategetse abayoboke be kwambara ubusa kugirango umwuka wera ubinjiremo yatwitse imbuga nkoranyambaga

Abakoresha imbuga nkoranyambaga batangaye ndetse bifata ku munwa ubwo babonaga amafoto y’umupasiteri wategetse abayoboke be gukuramo imyenda bakiyambika ubusa ,mu rwego rwo guha ikaze mwuka wera ngo abinjiremo

Ushobora kubibona nkubusazi ,ariko abayoboke b’uyu mupasiteri bubahirije ibyo yasabye ko bakora maze koko bakuramo imyambaro yabo.Yaba abagabo ndetse n’abagore bafotowe bakuyemo imyenda abandi baryamye hasi naho pasiteri abicaye hejuru anabakandagira.

Mu mafoto amwe pasiteri yagaragaye agendagenda hejuru yaba bayoboke abakandagiraho bambaye ubusa.Ababonye aya mafoto bagaye cyane imisengere nkiyi ndetse bavuga ko ari ubujiji kwemera ibyo pasiteri avuze byose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Terance
Terance
2 years ago

Hhhhhh,nubugoryi

Rwanda: umukecuru w’imyaka 70 utararyamana n’umugabo n’umwe arifuza umusore w’ingimbi

Umuhungu w’imyaka 19 yabambwe ku giti nyuma yo kwiba radio