in

Phoibe witegura kurongorwa n’umuproducer ugezweho mu Rwanda, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi (AMAFOTO)

Phoibe witegura kurongorwa n’umuproducer ugezweho mu Rwanda, yakorewe ibirori byo gusezera ku bukumi.

Iratugenera Phoibe witegura kurushinga na Bigirimana Aime Patrick wamamaye mu gutunganya imiziki nka Producer Real Beat yakorewe ibirori byo gusezera ubukumi bizwi nka ‘Bridal Shower’.

Aba bombi bazasezerana imbere y’amategeko ejo ku wa Kane tariki 31 Kanama 2023, mu gihe ibirori by’ubukwe bwabo biteganyijwe ku wa 9 Nzeri 2023.

AMAFOTO

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Hamenyekanye inkuru itari nziza ku banyarwanda bifuzaga kubona Sadio Mané na bagenzi be mu Rwanda

Rayon Sports yavunikishije umukinnyi yagenderagaho kandi igihe cyo kumukenera cyari kigeze