in

Amafoto utabona ahandi: Amwe mu mafoto y’ingenzi yaranze umunsi wa 2 wa ‘Tour Du Rwanda’ 

Irushanwa ry’amagare rizenguruka igihugu rizwi nka Tour Du Rwanda byitezwe ko rizamara igihe kingana n’icyumweru kimwe.

Ku wa 20 Gashyantare 2023 nibwo hakomezaga iri rushanwa ku munsi waryo wa kabiri kuri etape ituruka ikigali yerekeza Gisagara, ni irushanwa rikomeje kugora abanyarwanda dore ko nta numwe uri mu icumi ba mbere.

Gusa umwongereza Ethan Vernon akomeje kuyobora urutonde dore ko ari we wambaye umwenda w’umuhondo muri etape 2 zimaze hukinwa.

Amwe mu mafoto y’ibizungerezi ndetse n’abahanzi bari gukora muri iri rushanwa.

Chriss Eazy nawe aba ari gususurutsa abitabiriye.
Marina

Marina n’umukunzi we.

 

 

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ethan Vernon wikubiye uduce twose two muri Tour de Rwanda ake kashobotse

Umuntu wa 3 ku isi yakize indwara twese dutinya