in ,

Amafoto umuhanzi The Ben yashyize hanze ari kumwe n’umukobwa w’ikizungerezi yatumye abantu bakeka byinshi (yarebe hano)

Umuhanzi nyarwanda The Ben ubu uherereye muri leta zunze ubumwe za Amerika aho aba ndetse yanakomereje amashuri ye ya Kaminuza ndetse n’umuziki we uherutse no kujya gutaramira abafana be muri Canada mu mujyi wa Ottawa aho yakoreye ibintu bidasanzwe ndetse akanasusurutsa abafana be ku rwego rwo hejuru. Nyuma y’iki gitaramo yakoreye  Ottawa, umuhanzi The Ben abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yasangije abafana be bimwe mu bihe byiza yagiranye n’abakunzi b’umuziki we muri Ottawa. Muri ayo mafoto hari ayo yari ari kumwe n’umukobwa w’ikizungerezi witwa Nicole bigaragara ko bagiranye ibihe byiza cyane.

Bamwe mu bafana ba The Ben bagiye babona aya mafoto ari kumwe n’uyu mukobwa bagize byinshi bayavugaho gusa bamwe bagiye bavuga ko aba bombi baberanye. Nubwo ibi byose bivugwa ariko, The Ben we ashyira hanze aya mafoto yagize ati : “Shoutout to the beautiful @nicolemusoni Keep it up bb girl.. the sky is the limit ????????”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Arsene Wenger agiye gukora ibintu abafana ba Arsenal batatekerezaga ko byanashoboka

Alexis Sanchez yatangaje kumugaragaro impamvu nyakuri ashaka kuva mu ikipe ya Arsenal byihutirwa