in ,

Amafoto: Miss Rwanda 2009 ari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka ubuheta

Ibyishimo ni byose mu muryango wa Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda mu 2009 n’umugabo we Pacifique Murekezi bibarutse ubuheta.

Aba bombi bibarutse umwana w’umuhungu bise Rafael B Murekezi, wavutse ku wa 13 Gashyantare 2024.

Bahati Grace abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yasangije abamukurikira amafoto y’umwana w’umuhungu bibatutse agaragaza ko ari ibyoshimo ku muryango wabo.

Yagize ati “Agace kacu k’ibyishimo kavutse kuwa 13/02/2024. Imitima yacu yuzuye umunezero mwinshi no gushimira 🙏🏿😇.”

Bahati Grace yibarutse ubuheta nyuma y’imyaka irenga ibiri arushinze na Murekezi Pacifique, bakoze ubukwe muri Mata 2021.

Amafoto bateruye umwana bibarutse

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shampiyona y’u Rwanda Igikombe kirajya he? : Rayon sports yashimije abayihebeye, APR FC yananiwe kwikura mu Bugesera naho police FC ibyayo bikomeje kuba agaterera nzamba.

Shampiyona y’u Rwanda: Rayon Sports yashimije abayihebeye, APR FC yananiwe kwikura i Bugesera naho Police FC ibyayo bikomeje kuba agaterera nzamba.