in

Amafoto: Ihere ijisho inkweto za Zahabu ndetse n’umwambaro w’amateka Lionel Messi azambara mu gikombe cy’isi cya 2022

Uruganda rw’Adidas rwashyize ahagaragara inkweto igizwe na Zahabu igihangange ku isi Lionel Messi azambara atereshe ishoti rye rya nyuma ku gikombe cy’isi ataregukana mu buzima bwe.

Ni inkweto Lionel Messi yizeye ko zizamufasha guhesha igikombe cyisi cye cya mbere igihugu cye cya Argentine.

Messi, mu kiganiro n’umunyamakuru wo muri Argentine mu kwezi ku Kwakira, yemeje ko muri Qatar azaba ariho hanyuma ahagarariye igihugu cye ku rwego rukomeye rw’umupira wamaguru

Adidas yashyize ahagaragara izi nkweto za zahabu Messi azambara muri Qatar kandi bivugwa ko umwambaro azambara uzaba usa neza nkuwo yambaye mu mwaka wa 2006 ubwo yakinaga igikombe cye cya mbere.

bivugwa ko izatera imbaraga abo yambaye mu gikombe cye cya mbere cy’isi mu 2006 kandi bivugwa ko Messi azaba

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyakwigendera Burabyo Yvan ibyo yasize atujuje byatangiye gushyirwa mu bikorwa,inigi zamwitiriwe yasize ateretse abakunzi be zageze hanze

“Aho kurongorwa n’umusore utwara imodoka iciriritse nagumirwa”Umukobwa yihenuye ku basore