in

Amafoto: Cristiano yagaragaye arwana n’umukinnyi mugenzi we mu ikipe y’igihugu mu myitozo y’igikombe cy’isi

Portugal ihabwa amahirwe

Mu mashusho yagiye hanze,yagaragaje uyu mukinnyi wa Manchester United asa nk’ushaka kwiyunga n’uyu mukinnyi w’inyuma wa Manchester City, Cancelo ariko undi asa nk’utabishaka.

Uyu mugabo w’imyaka 37 y’amavuko yasanze i Cancelo aho yari ari agerageza kumusuhuza mu rwego rwo kwiyunga ariko uyu we yasaga nk’utabishaka ndetse arakaye cyane.

Ibintu ntabwo byagenze nkuko Ronaldo yenda yabyifuzaga kuko uyu musore w’imyaka 28 yagerageje gusa nk’umuhunga ndetse mu maso byagaragaraga ko arakaye nubwo amaherezo Ronaldo yamushyizeho amaboko.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sam karenzi yahakanye yivuye inyuma iby’umuterankunga mushya ugiye gukorana na Rayon Sports

Inkuru itangaje; Halaand ashobora kujya gukina mu kiciro cya 7 mu bwongereza