Imyidagaduro
Amafoto agaragaza umubiri w’umukobwa uri gukurura abasore bo muri Active

Active iri gufata amashusho y’indirimbo yabo iheruka yitwa “Slow Down“,Ni muri urwo rwego batoranyije umukobwa ufite uburanga bubanogeye kandi uzwi mu karere ka Africa y’uburasirazuba nk’umunyamideli wabigize umwuga, aba ariwe bifashisha muri aya mashusho. Ni nayo mpamvu kandi  Derek na Tizzo bahisemo kwifotozanya na Sita
Hano hari Amafoto agaragaza uburanga bwa Sita
-
Imyidagaduro2 days ago
Umva ibyo Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri City Maid yatangaje nyuma yo gukora ubukwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Bamenya noneho areruye avuga umukobwa akunda|anavuga ku bukwe bwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Dj Miller yibutswe mu buryo budasanzwe| Umugore we byamurenze araturika ararira
-
Imyidagaduro1 day ago
Rocky Kimomo yakoreye ibidasanzwe abanyamakuru ubwo yari agiye guhabwa igihembo yatsindiye
-
Imyidagaduro1 day ago
Umugore wa Tom Close yabwiye amagambo meza y’urukundo umugabo we nyuma y’igihembo yahawe
-
Imyidagaduro2 days ago
Miss Jordan Mushambokazi yakorewe ibirori bya bridal shower n’inshuti ze (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Mu magambo y’urukundo rwinshi, umugabo wa Bahavu Jeannette yamuvuze ibigwi..
-
Imyidagaduro8 hours ago
Miss Igisabo yifashishije indirimbo y’urukundo yifurije Bruce Melodie isabukuru nziza y’amavuko