Mako Nikoshwa yavuye kure kubw’Indwara y’igituntu yari imurembeje mu minsi ishize gusa Imana yakinze akaboko ndetse abasha gukira,ubu Mako Nikoshwa  ni mutaraga ndetse  yabashije kujya mu itorero ry’abahanzi kandi agaragara nk’ufite ubuzima buzira umuze.

Ugereranyije uko Mako  Nikoshwa yagaragaraga akirwaye n’uko ubu amerewe ubona neza ko yatoye akabaraga ndetse n’ibintu buri wese akwiye gushimira Imana.
Dore uko Mako Nikoshwa agaragara ubu :
