in

Amafaranga yabuzaho ayashyira: Umuhanzi Davido yashyize akantu ku ryinyo gahagaze miliyoni zirenga ijana z’amafaranga y’u Rwanda -AMAFOTO

Amafaranga yabuzaho ayashyira: Umuhanzi Davido yashyize akantu ku ryinyo gahagaze miliyoni zirenga ijana z’amafaranga y’u Rwanda.

Umuhanzi ukunzwe cyane ku Isi Davido uheruka mu Rwanda vuba akomeje kugenda atitiza Isi ari nako akomeza kwanikira bagenzi be abereka ko abarusha ifaranga dore ko uyu mugabo yashyize zahabu ku ryinyo ihagaze miliyoni ijana na cumi n’umunani z’amafaranga y’u Rwanda.

Davido azanzwe azwiho kugura ibintu bihenze cyane dore ko ubwo yari mu Rwanda mu gitaramo gisoza Giants Of Africa yari yambaye umukufi ufite agaciro ka miliyoni 600 z’amafaranga y’u Rwanda.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mbaraga ze z’umubiri, kapiteni wa Rayon Sports Rwatubyaye Abdul yashyize hanze amafoto yatitije urukuta rwa Instagram – AMAFOTO

Bari kuririmbana ikiniga! Uko byifashe mu muhango wo gusezera bwanyuma nyakwigendera umubyeyi (Papa) wa The Ben, Nyina yavuze amagambo yakoze ku mitima ya benshi -Amashusho