Impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga zitangwa na Police y’igihugu y’u Rwanda gusa hari abantu bafite izindi mpushya zitatangiwe mu Rwanda abo rero nibo bafatiwe imyanzuro.
Umuvugizi wa Police mu Rwanda CP John Kabare yatangaje ko police igiye gutangira kugenzura impushya zo gutwara ibinyabiziga zatangiwe mu mahanga agira inama abazifite kuzihinduza vuba bagakoresha izitangirwa mu Rwanda.
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.
DisagreeAgree
I allow to create an account
When you login first time using a Social Login button, we collect your account public profile information shared by Social Login provider, based on your privacy settings. We also get your email address to automatically create an account for you in our website. Once your account is created, you'll be logged-in to this account.