in

“Aha harimo n’ihohoterwa rikabije” Umukambwe w’imyaka 95 yashyingiranywe n’umwana muto utaruzuza n’imyaka y’ubukure(18)-AMAFOTO 

“Aha harimo n’ihohoterwa rikabije” Umukambwe w’imyaka 95 yashyingiranywe n’umwana muto utaruzuza n’imyaka y’ubukure(18)-AMAFOTO

Umugabo w’imyaka 95 uzwi ku izina rya Alhaji Muhammad ukomoka mu gihugu cya Nigeria yashakanye n’umukobwa ukiri muto bivugwa ko afite imyaka 14.

Ubukwe bwa fatiha bwabaye ku ya 5 Gicurasi 2023.

Benshi mu babonye ibi batewe agahinda n’uyu mwana bivugwa ko afite imyaka 14 ariko akaba yashyingiranywe n’umugabo ushobora kuba yabyara se.

Mu busanzwe imyaka yabugenewe yo gushaka ku mukobwa ni imyaka 21 gusa mu buryo bw’akarengane umwana utari wuzuza n’imyaka 18 yahise ashyingirwa umukambwe uri mu zabukuru.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports ibaye igitambo cy’umunsi wa 28 wa shampiyona

Bamwe baraseka abandi bararira: Menya uko imikino y’umunsi wa 28 ya shampiyona y’u Rwanda yasize amakipe ahagaze