in

Africa mu kwirangaraho bikabije byatumye itakaza ikintu kingenzi

Inzu ndangamurage nyinshi muri Africa bivungwako ahagana mukinyejana cya 18 zibwemo ibikoresho na mabanga menshi arimo namwe mu mayeri bakoreshaka mu kugura no kugurisha abacakara.

Zimwe munzu ndangamirage zikomeye zo mubihugu bya Africa nka segal, Cameron nibindi bihugu byinshi cyane cyane ibyo muburengerazuba bwa Africa bivungwako byatwawemo imwe mu mitako aho bivungwako igihugu cyu bufaransa cyiganje mubihugu bibitse amwe mu mabanga menshi cyakuye mubihugu cyakoro

nezaga.

Abahanga benshi bakomeze gusaba ko Africa yakibikira amateka yayo ndetse ni bihangano byabo.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibya Real Madrid byadogereye

Batuye bonyine ntibanazi niba habaho ibindi biremwamuntu