in

NDASETSENDASETSE YEGOKOYEGOKO NdababayeNdababaye

Ab’igitsinagabo bakomeje kurabya indimi kubera uburanga bw’umusore uteye nk’abagore(AMAFOTO)

Ku mbuga nkoranyambaga hari umusore witwa Kelvin Kinuthia wigaragaza nk’umugore ukomeje kwigarurira imitima y’abagabo benshi bitewe n’imiterere ye, aho igitangaje abatinganyi bamwibeshyaho bamureshya bagasanga atari umutinganyi nk’uko bigaragara mu mboni zabo.

Kinuthia ni icyamamare muri Kenya cyane ku rubuga rwa Tik Tok, yiyerekana kenshi mu myambaro y’abagore. Ni ibintu byatumye yamamara cyane, imyifato, imyambarire no kwisiga ibirungo by’abakobwa cyangwa abagore bakoresha mu gusa neza, nawe ntajya abitangwa.Amakuru avuga ko Kelvin Kinuthia yigira umugore mu gukurura abayoboke benshi ku mbuga nkoranyambaga ze, kuba ari umusore ubyibushye bisanzwe byahise bimuha kugaragara nk’abagore.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kazibake Frederick
Kazibake Frederick
2 years ago

Ariko narumiwe mbandoga Kajigija,ubuse nk’uyu musore agamije iki uretse kwamamaza umwanzi?

Mube murya umunyu: Meddy yavuze igihe we n’umugore we bazibarukira imfura yabo

Miss Uwase Vanessa yifurije urugo ruhire murumuna we warushinze (Amafoto)