in

Abanyeshuri bahuye nuruva gusenya ubwo izuba ryabamenaga agahanga batonze umurongo Nyabugogo _AMAFOTO

Muri Gare ya Nyabugogo i Kigali hakomeje kugaragara umubyigano w’abagenzi benshi, watewe n’abanyeshuri bakererewe kujya ku ishuri.

Abanyeshuri bose bari kuba barageze ku ishuri mu cyumweru gishize muri gahunda isanzweho yo kuborohereza gutaha no gusubira kwiga, ariko bamwe ngo bagize ikibazo cy’amafaranga y’ishuri atarabonekeye igihe.

Minisiteri y’Uburezi ivuga ko amafaranga y’ishuri ku biga mu mashuri abanza ya Leta azakomeza kuba 975Frw, uwiga mu yisumbuye ataha akishyura 19,500Frw na ho uwiga acumbikirwa agatanga ibihumbi 85Frw ku Gihembwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Al Nassr yateye umugongo ibyavugwaga mu masezerano ifitanye na Cristiano Ronaldo

Bakubise ahababaza: Abapadiri bo mu Rwanda bihanangirije bikomeye abo mu Burundi