in

YEGOKOYEGOKO NdabikunzeNdabikunze

Abantu bumiwe bumvise umugabo umaze imyaka 2 atarya ,ntanywe amazi(reba uko yabigenje)

Abantu benshi ku mbugankoranyambaga batunguwe n’umugabo witwa Elitom El-amin ukomoka muri Ohio, muri Leta zunze ubumwe za Amerika, kuri ubu atuye ku nkombe z’inyanja i Goa, mu Buhinde wavuze ko amaze imyaka igera kuri ibiri atarya ndetse ntagire ikintu na kimwe anywa bivugwa ko yamenyereye gutungwa n’umwuka gusa.

Nk’uko uyu mugabo w’imyaka 52 abivuga, ngo kugirango abeho yifashishije imbaraga za metafiziki akura mu kirere, ku zuba, n’ubutaka.

Yagaragaje ko amaze imyaka 2 abayeho gutyo kandi afite bamwe mu bahindutse bashishikarizwa kwifatanya na we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto agaragaza ikimero n’uburanga bw’inkumi yegukanye umutima w’umunyamakuru Yago.

Impanuka itoroshye ibereye kuri MIC mu mujyi rwagati kuri uyu wa mbere