in

Abantu barenga ibihumbi 25 bategereje Cristiano Ronaldo muri Stade ya Saudi Arabia

Kuva Cristiano Ronaldo byatangazwa ko yerekeje mu ikipe ya Al Nassr Fc yo mu gihugu cya Saudi Arabia , ku mugabane wa Asia , hatangajwe igihe uyu mukinnyi azerekanirwa ku mugaragaro mu birori bitegerejwe na benshi.

Ni ibirori bizabera muri Msool Park sitade  yakira abantu barenga ibihumbi 25, iherereye mu mujyi wa Riyadh mu gihugu cya Saudi Arbia,, mu birori bigomba kuba kuri uyu wa kabiri tariki 3 Mutarama 2023.

Ibi birori bizatangira i saa moya z’ijoro ,aho biteganijwe ko abakunzi b’ikipe ya Al Nassr Fc ,byumwihariko abakunzi ba Cristiano Ronaldo bazaba bategereje ari benshi kureba umuhango wo kwerekana kabuhariwe kumugaragaro.

Cristiano Ronaldo azerekanwa kuri uyu wa kabiri mu mwambaro wa Al Nassr Fc
Cristiano Ronaldo azerekanwa kuri uyu wa kabiri mu mwambaro wa Al Nassr Fc

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyagatare: Umugabo mu bugome bw’indengakamere yatemaguye umwana we w’ukwezi n’umuhoro  

Hura n’umusore muremure usumba inyubako zo mu karere atuyemo (Amafoto)