in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze

Abana b’abanyarwanda bibajije impamvu bavutse basa nk’abazungu| Dore igisubizo batanze

Ku mbuga nkoranyambaga hasakajwe amashusho y’abana babiri bari barimo umwe wabazaga mugenzi we impamvu bavutse basa nk’abazungu.

Nkuko amashusho akurikira abigaragaza, nyuma yuko umwe abajije mugenzi we impamvu bavutse basa nk’abazungu, mugenzi we yahise amusubiza ko impamvu bavutse basa nk’abazungu ari uko Mama wabo yahingaga abatwite maze izuba rikabababura

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wari uziko kubira ibyuya ari indwara ikomeye?sobanukirwa.

Ibyo Kibonke yakorewe na bagenzi be bakinana muri Seburikoko