in

Abamotari bongeye bakora imyigaragambyo

Abamotari bo mu mujyi wa kigali bavuze ko batazongera gukoresha mubazi mu kazi kabo bakora dore ko mubazi ibatera igihombo cyane bigahumira ku mirari nyuma y’uko igiciro cya lisansi kizamutse.

kuri uyu wa7 Kanama 2022, nibwo RURA yatangaje ko mu mezi abiri ari imbere igiciro cya mazutu kigomba kugura 1607Frw.Naho lisansi ikagura 1609frw.

abamotari bakimara kubona iri tangazo, bahise bavuga ko batazongera gukoresha mubazi kuko lisansi yiyongereyte kandi amafaranga baka abagenzi akab atiyongereye bityo bikabashyira mu gihombo.

icyakora abayobozi ntago babikozwa bo baravuga ko bagomba kubishyiramo ingufu kuko abakoresha mubazi bagabanutse cyane.

Umuyobozi wa RURA uhagarariye abamotari yagize ati Yagize ati “Koko habayeho igabanuka ry’imikoreshereze ya mubazi gusa bishobora kuva ku mpamvu zitandukanye ariko nibyo dutekereza kuko abatazikoresha nibo babizi neza nubwo bavuga ko biterwa n’ibiciro.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
2 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Salumu kanakuze
Salumu kanakuze
1 year ago

Mubazi irabibisha nta kintu basagura kubera Lisa si yuriye

Motari
Motari
1 year ago

Contreversions zo nizo zivuza ubuhuha muri 99% za Moto ziba zifite amadeni,ngo noneho list yibihugu bitishimye ngo nituzakomeza kuyiyobora mbega ninbibazo nagahinda kuba umumotari

Uko uburaya bwakwirakwiye igihugu cyose buvuye i huye (butare)

Lucky wa RBA aje yariye karungu kuri Kenny Sol