in

Abakunzi ba APR FC bari kubibona amarira akazenga mu maso: Dore amashusho y’igitego myugariro wa Gasogi United yakuyemo cyabazwe mu mukino watumye abakunzi ba APR FC bataha batishimye -AMASHUSHO

Abakunzi ba APR FC bari kubibona amarira akazenga mu maso: Dore amashusho y’igitego myugariro wa Gasogi United yakuyemo cyabazwe mu mukino watumye abakunzi ba APR FC bataha batishimye.

Ku munsi w’ejo hashize tariki 05 Ugushyingo ubwo ikipe ya APR FC yanganyaga 0-0 n’ikipe ya Gasogi United mu mukino abakunzi b’ikipe y’Ingabo z’Igihugu batashye batishimiye umutoza Thierry Froger utari kwitwara neza cyane n’ubwo ari we uyoboye shampiyona y’u Rwanda gusa muri uyu mukino rutahizamu Victor Mbaoma yarase igitego abakunzi ba APR bari babaze.

Amashusho y’umupira Mbaoma yari arobye umuzamu ariko myugariro Bucyocyera Karenzi Djamardine wa Gasogi United akawukuramo utararenga umurongo:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Undi muhanzi ukunzwe n’abatari bake yasezeye umuziki yiyegurira Imana 

Pep Guardiola yatangaje amagambo akomeye ku makipe ashaka kumutwara Premier League