in

Abakozi ba Afrimax Tv na Boss wabo batawe muri yombi| Menya icyo bazize

Abakozi ba Afrimax Tv ndetse b’umuylbozi wabo batawe muri yombi bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Nkuko amashusho dukesha Bigtown Tv abigaragaza, aba bakozi ndetse n’umuyobozi wabo ngo bafashwe nyuma yuko amashusho yabo barimo gukora ibirori bitemewe mu rwego rwo kwishimira umubare w’aba subscribers ungana na Miliyoni imwe bari bamaze kugira kuri Afrimax English, asakaye ku mbuga nkoranyambaga.

Abafashwe bose bavuze ko ibyo bakoze babisabira imbabazi ndetse banasaba abanyarwanda bose gukomeza kubahiriza amabwiriza yo kwirinda Covid-19 nkuko yashyizweho n’ubuyobozi bw’igihugu.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa gusa: ibimenyetso byakwereka umusore wagusariye||ashobora no kwiyahura kubera wowe.

Abasore bari barwanye bapfa Miss Naomie