in

Abakobwa bafite ibibuno bishotora abagabo bavugishije abatari bake nyuma yo kugaragara barushanwa kwatsa umuriro mu ziko (AMAFOTO)

Abantu batandukanye batangariye uburyo aba bakobwa bo muri Afurika y’Epfo barimo barushanwa kwatsa umuriro mu ziko,ibibuno babishyize hejuru muri challenge yo kuri Twitter yiswe #VuthelaChallenge

Iyi Challenge yatangijwe n’abiganjemo abakoresha uruga rwa twitter muri iki gihugu.Iyi Challenge irikwitabirwa n’abakobwa bafite ibibuno binini bikurura abagabo aho aba bakobwa bari kurushanwa kwatsa umuriro muziko.

Ni challenge yatangiwe biturutse ku mukobwa w’umuslayqueen wari wagiye gusura iwabo mu cyaro giherereye mu Ntara ya Kwazuru Natal, uyu mukobwa yagaragaye acanye umuriro wanze kwaka, yunamye ahuha mumuriro ashaka ko waka ariko bigaragarako byamutonze cyane.Ibi byatumye benshi batangira kubyigana ,aho batsa umuriro ibibino babishyize hejuru nk’uko bigaragara ku mafoto.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu mafoto :Reba inkumi y’ikizungerezi irimo kuvugwa mu rukundo na Njuga.

Polisi yahamagajwe igitaraganya ngo itegure igisasu isanga ni ibikoresho bifashisha batera akabariro