imikino
Abakinnyi bahatanira umwanya w’umukinnyi mwiza mu burayi batangiye guterana amagambo

Abakinnyi bazahatanira umwanya mwiza w’uburayi muri uyu mwaka 2015/2016 baramenyekanye nyuma y’igikombe cy’uburayi dore ko buri umwe muri aba bose yakoze uko ashoboye ngo ageze kure ikipe ye yaba iya club cyangwa iy’igihugu kuko uko ari batatu bakinnyi final ya champions league ,babiri muri bo aribo Cristiano Ronaldo na Antoinr Griezman bakinnye final ya Euro.
Ku munsi w’ejo rero akaba aribwo iki gihembo kizatangwa ku mugaragaro mu birori bya tombola ya Championsleague Group stage. Muri iki gitondo rero aba bakinnyi uko ari batatu bazindukiye mu binyamakuru basa nkaho buri umwe ku ruhande rwe atumirira abafana be kuzamuba inyuma ndetse no kubatera ingabo mu bitugu.
Cristiano Ronaldo muri iki gitondo aganira n’ikinyamakuru 24 sata yagize ati:“Ni ibyishimo kuri nge cyane kuba iruhande rwa Gareth Bale na Griezman duhatanira igihembo cy’umukinnyi witwaye neza mu burayi,Kuva iki gihembo cyabaho nakunze kwitabira mu bagihatanira,bishatse kuvuga ko nagize ibihe byiza mu mupira w’amaguru,si kubwange gusa kuko iyo ntagira bagenzi bange ntacyo nari kwigezaho haba mugutwara Euro cyangwa Championsleague,n’ibintu bitazibagirana mu mateka yange kandi nshimira n’Imana ibimfashamo“.
Antoine Griezman nawe muri iki gitondo aganira n’ikinyamakuru 24 sata nawe muri iki gitondo yagize ati:”Nejejwe no kuba mu bakinnyi bahatanira iki gihembo,ibi nibinyereka ko ngomba gukomeza kwitwara neza kugeza kundunduro,sincaka kwishongora ariko ndiyumvamo ko iki gihembo nkikwiye kuko amakipe yange yose nayafashije kugera kure hashoboka,natwaye urukweto rw’umukinnyi watsinze ibitego byinshi mu gikombe cy’uburayi,nubwo bwose ntagikombe twatwaye ariko ntako tutagize kandi nange ntacyo ntakoze“.

Antoine Griezman
Gareth bale nawe aganira na 24 sata yagize ati:”Uyu numwaka ntazigera nibagirwa mubuzima bwange,ndashimira abakinnyi haba abo muri Real Madrid ndetse nabo mu ikipe y’igihugu bose bamfashije kugira aho tugera,n’ibintu by’igiciro kinini cyane nkaba nange ntashidikanya ko iki gihembo ntakabuza nacyegukana”.

Gareth Bale
Tubibutse ko ku gicamunsi cy’umusi w’ejo aribwo hazatorwa umukinnyi mwiza ku mugabane w’uburayi.
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda22 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
Izindi nkuru17 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
urukundo9 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Imyidagaduro8 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi24 hours ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru19 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe