in

Abakinnyi babiri ba Rayon Sports bateye intambwe ikomeye igana muri APR FC

Ikipe ya APR FC ihanze amaso abakinnyi babiri b’ikipe ya Rayon Sports ari bo umuzamu Hakizimana Adolphe na rutahizamu Rudasingwa Prince.

Hashize igihe bivugwa ko ikipe ya APR FC yifuza aba bakinnyi b’Abanyarwanda batanga icyizere cyo kuzagera kure mu mupira w’amaguru.

Amakuru yizewe YEGOB yamenye ni uko ikipe ya APR FC yifuzaga kubasinyisha mbere y’uko umwaka w’imikino wa 2022-2023 urangira ariko babyanze bayibwira ko bazagirana ibiganiro ubwo amasezerano yabo azaba arangiye.

Hakizimana Adolphe asanzwe ari umuzamu wa mbere muri Rayon Sports, mu gihe Rudasingwa Prince we atari yabasha kubona umwanya uhagije wo gukina.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments
Aha niho bivugwa ko uyu mupolisikazi yarasiwe n'umukunzi we

Umupolisikazi yishwe n’umusore bakundanaga

Kwizera Olivier yasimbujwe umuzamu batari barahamagaye mu ikipe y’igihugu u Rwanda Amavubi