in

Abakinnyi 11 barabanza mu kibuga ku ruhande rwa Rayon Sports na Kiyovu Sport uyu munsi

Harabura amasaha gera kuri 9 ngo umukino w’ikipe ya Rayon Sports n’ikipe ya Kiyovu Sport utangire nyuma y’icyumweru cyose amakipe yombi arimo kwitegura.

Uyu mukino urahuza ikipe ya Rayon Sports na Kiyovu Sport urabera kuri Sitade ya Kigali i Nyamirambo guhera ku isaha ya saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, ukomeje kuvugisha benshi cyane cyane abakunzi b’aya makipe yombi.

Ikipe ya Rayon sports nyuma y’iminsi bategereje abakinnyi 2 bari bamaze iminsi bafite imvune aribo Mbirizi Eric na Onana bose baraza kuboneka mu kibuga uyu munsi.

Abakinnyi 11 barabanza mu kibuga ku mpande zombi.

Rayon Sports abakinnyi barabanzamo

Ramadhan Kabwili, Ganijuru Ellie, Mucyo Didier Junior, Eric Ndendahimana, Samuel Ndizeye, Mugisha Francois Master, Mbirizi Eric, Ndekwe Flex, Willy Essomba Onana, Paul Were, Moussa Essenu.

Ku ruhande rwa Kiyovu Sport

Kimenyi Yves, Ndayishimiye Thiery, Nsabimana Aimable, Eric Iracyafukunda, Serumogo Ali, Foroduwari, Bigirimana Abedi, Ismael Pichou, Benedata Janvier, Erisse Seksambo, Mugenszi Bienvenne.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nawe ni mwiza! Chiffa wakundanaga na Yvan Buravan yerekanye Mama we anagaragaza amarangamutima amufitiye

Umupadiri arashinjwa gusambanya umwana w’umuhungu yamusindishije