imikino
Abakinnyi 10 bazotorwamo umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku mu gabane w’iburayi bamenyekanye

Uyu munsi ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku mugabanew’uburayi ryashyize ahagaragara urutonde rw’abakinnyi icumi baztorwamo umukinnyi witwaye neza kurusha abandi muri saison 2015/2016, aho aza asimbura Messi wari wegukanye icyo gihembo umwaka ushize.
Nkuko byari byitezwe ikipe ya Real Madrid niyo ifite abakinnyi benshi bagaragaye kuri uru rutonde aho ifitemo abakinnyi bagera ku 4 kuko yatwaye igikombe cya Champions League. Naho ku bijyanye no gutngura umuntu akaba yavuga kuri Neymar utagaragaye kuri Urutonde ndetse hakiyongeraho no kuba nta mukinnyi ukina mu Bwongereza warugaragayeho.
Dore urutonde rw’abakinnyi 10 uko rwifashe:
Gareth Bale (Real Madrid & Wales)
Gianluigi Buffon (Juventus & Italy)
Antoine Griezmann (Atlético Madrid & France)
Toni Kroos (Real Madrid & Germany)
Lionel Messi (Barcelona & Argentina)
Thomas Müller (Bayern München & Germany)
Manuel Neuer (Bayern München & Germany)
Pepe (Real Madrid & Portugal)
Cristiano Ronaldo (Real Madrid & Portugal)
Luis Suárez (Barcelona & Uruguay)
Umukinnyi witwaye neza kurusha abandi ku mugabane w’uburayi azamenyekana tariki 25 z’ukwezi gutaha.
Dore abandi bakinnyi bari bagize urutonde rwatoranijwemo abo 10.
11 Riyad Mahrez (Leicester & Algeria)
12 Jamie Vardy (Leicester & England)
13 Dimitri Payet (West Ham & France)
14 Jérôme Boateng (Bayern München & Germany)
15 Arturo Vidal (Bayern München & Chile)
16 Luka Modrić (Real Madrid & Croatia)
17 N’Golo Kanté (Leicester & France)
18 Zlatan Ibrahimović (Paris Saint-Germain/Manchester United & Sweden)
19= Eden Hazard (Chelsea & Belgium)
19= Andrés Iniesta (Barcelona & Spain)
19= Neymar (Barcelona & Brazil)
19= Renato Sanches (Benfica/Bayern München & Portugal)
23 Robert Lewandowski (Bayern München & Poland)
24 Gonzalo HiguaÃn (Napoli & Argentina)
25= Giorgio Chiellini (Juventus & Italy)
25= Diego Godin (Atlético Madrid & Uruguay)
25= Will Grigg (Wigan & Northern Ireland)
25= Hugo Lloris (Tottenham & France)
25= Paul Pogba (Juventus & France)
30= Toby Alderweireld (Tottenham & Belgium)
30= Pierre-Emerick Aubameyang (Borussia Dortmund & Gabon)
30= Kevin De Bruyne (Manchester City & Belgium)
30= Kevin Gameiro (Sevilla & France)
30= Grzegorz Krychowiak (Sevilla/Paris Saint-Germain & Poland)
30= Blaise Matuidi (Paris Saint-Germain & France)
30= Georges-Kévin N’Koudou (Marseille & France)
30= Jan Oblak (Atlético Madrid & Slovenia)
-
Imyidagaduro1 day ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Njuga ukina muri Seburikoko yirukanywe mu nzu abamo| Yiyamye umusore baturanye wamuhururije abanyamakuru| Inkuru irambuye
-
Imyidagaduro1 day ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru1 day ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Imyidagaduro2 days ago
#MissRwanda2021: Abakobwa 3 bahaye ubutumwa mugenzi wabo ushyigikiwe na Ali Kiba| Bose barashaka ikamba| Umuriro watse 🔥
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
Imyidagaduro1 day ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
-
Imyidagaduro56 mins ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)