in

Abajura batatu bafatiwe mu kabari bari kunywera ibihumbi 900

Polisi y’u Rwanda yafatanye abasore batatu, amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 848,800 mu bihumbi 981,100 bakekwaho kwiba umucuruzi mu Karere ka Karongi.

Aba basore bafatiwe mu kabari ko mu kagari ka Kibirizi mu murenge wa Rubengera barimo gusangira inzoga na mugenzi wabo, biyemerera ko bafatanyije ubu bujura.

Basanganywe 848,800Frw bavuga ko hari andi bamaze gukoresha batazi umubare wayo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi w’umugande Jose Chameleone yasabwe kugira icyo akorera umumotari aherutse guhondagura bikiri mu maguru mashya 

Umukobwa wavuze imyaka ye mu gifaransa bamubaza mu kinyarwanda akabicurika akomeje kurikoroza ku mbuga(Videwo)