in

Abafana nabo barabishyigikiye: Umukinnyi waje muri Murera afatwa nk’umucunguzi agiye kujya yicara ku gatebe maze arebe umupira nk’abandi bose

Abafana nabo barabishyigikiye: Umukinnyi waje muri Murera afatwa nk’umucunguzi agiye kujya yicara ku gatebe maze arebe umupira nk’abandi bose.

Umunyezamu w’Umugande Tamale waje muri Rayon Sports afatwa nk’igisubizo muri iyi kipe y’ubukombe mu Rwanda ashobora kuzajya yicara ku gatebe k’abasimbura hagakina Bonheur cyangwa Adolphe kubera ko byagaragaye ko ashobora kuba nta kintu gihambaye abarusha.

Ifoto:

Bimwe mu bintu abakunzi ba Murera bagiye batangaza nyuma yo kubazwa na Kwizigira umunyezamu bafata nka nimero ya mbere muri iyi kipe:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko byifashe mu rugo kwa nyakwigendera Junior Multisystem, Tom Close avuze amagambo akomeye benshi batari bazi

Buri wese yari afite agahinda ku maso! Ibyamamare bitandukanye mu myidagaduro nyarwanda bitabiriye umuhango wo gusezera bwa nyuma Producer Junior Multisystem witabye Imana – AMAFOTO