in

Abafana ba Rayon Sports bahaye ibifurumba by’amafaranga rutahizamu wabahesheje ibyishimo ku mukino wa APR Fc yongera kubibahesha no kuri Gasogi United – AMAFOTO

Abafana ba Rayon Sports bahaye ibifurumba by’amafaranga rutahizamu wabahesheje ibyishimo ku mukino wa APR Fc yongera kubibahesha no kuri Gasogi United.

Nyuma mukino wahuje ikipe ya Gasogi United na Rayon Sports, abafana ba Murera bashimiye rutahizamu wayo wabahesheje insinzi kuri uyu mukimo.

Abafana ba Rayon Sports bahaye amafaranga rutahizamu charles Bbaale wabatsindiye igitego ku mukino wa Super Cup wabahuje na APR FC.

Uyu rutahizamu kandi yongeye kubikora ku mukino ufungura shampiyona wahuje Gasogi United na Rayon Sports aho ariwe watsinze igitego cya mbere. Uyu mukino warangiye Rayon Sports itsinze Gasogi ibitego 2-1.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agiye atabonye ubukwe bw’umuhungu we na Miss! Umubyeyi wa The Ben yatabarutse atabonye ubukwe bw’umuhungu we

“Ni nk’aho aritwe twatsinze” KNC uzwiho kuvuga amagambo menshi yemeje ko ariwe watsinze umukino wa mbere wa shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda