in

Zidane yagize icyo avuga ku cyifuzo cya Messi cyo kuva muri Fc Barcelone

Ku munsi w’ejo radio yo muri Espagne yitwa Cadena Ser yatangaje inkuru y’incamugongo ku bafana ba Fc Barcelone ko Lionel Messi yifuza kuva muri iyi kipe. Iyi inkuru ikaba yavugishije buri muntu ukunda football mu gihugu cya Espagne ku buryo na Zidane utoza mukeba wa Barca abanyamakuru bamubajije icyo abitekerezahoo.

 

Zidane akaba yatangajeko atifuza na busa ko Messi ava muri Barca kuko yifuza ko abakinnyi bakomeye bose baguma muri La Liga. “Sinzi uko bizagenda gusa ndifuza ko aguma muri iyi shampiyona kuko twifuza ko abantu bakomeye bakina muri iyi shampiyona.” aya niyo ma gambo ya Zidane.

 

 

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Supersexy akomeje kwiyambura ubusa kugirango yinjize amafaranga

Jurgen Klopp yasobanuye impamvu Salah na Mane badashobora kuva mu ikipe ya Liverpool