in

“Zaramubase nyine/ twamenye ibyo abwiriza” Bishop Brigitte yahawe urw’amenyo nyuma yo kugira inama abashakanye kureba filime z’urukozasoni (pronography)

Bishop Mukanziga Brigitte,Umushumba mukuru w’itorero Imbaraga z’Imana mu Rwanda (Power of God Church) yahawe urw’amenyo nyuma yo kugira inama abashakanye kureba filime z’urukozasoni.

Nyuma y’uko uyu mushumba asabye abashakanye kureba filime z’urukozasoni zizwi nka ‘Pronography’ yahawe urw’amenyo kuko ngo umukozi w’Imana ntiyakavuze biriya.

Umwe mu bakoresha urwo rubuga, yagize ati: “Ni irihe Jambo wabwira uyu Mukozi w’Imana ugira inama abashakanye kureba filime z’urukozasoni?”

Yasubijwe muri ubu buryo bukurikira:

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Iryoha ivuyeho uruhu” Abakobwa bajya mu ruhame batikwije bakomeje kubica bigacika kuri Twitter (IFOTO)

Kurongorana uri mu mihango biraryoha shahu! Amajwi y’umukobwa avuga ukuntu gutera akabariro uri mu mihango biryoha ndetse n’uko y’ikinisha akazana amavangingo akomeje kubica(Videwo)