in

Yvonne w’imyaka 39 aracyari isugi yuzuye kuko kuva yavuka nta mugabo uramujya mu maguru

Umunyarwenya n’ umukinnyi wa Filme ukomoka muri Nigeria ariko utuye muri America Yvonne Orji yatangaje ko ku myaka 39 akiri Isugi atarahura n’ umugabo n’ umwe kuva yavuka.

Yvine Orji yatangaje Ibi ubwo yaganiraga n’ umunyamakuru witwa Chelsea Handler Muri Episode nshya ya Podcast yitwa ‘Dear Chelsea’

Comment nyinshi z’ abafana be bamwishimiye cyane bavuga ko yakoze akazi ke gakomeye ko guhagarara ku busugi bwe, mu gihe abandi bavuze ko ari umubeshyi ko atageza iyo myaka yose atarakora Imibonano Mpuzabitsina

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports yimuye ibiro byayo, ubu ntikibarizwa mu karere ka Gasabo

Mvukiyehe Juvénal uherutse kugura ikipe ya Rugende FC akayita Addax Fc, yavuze amakipe abiri yifuza guhura nayo akayaha isomo