in

Yihangiye umurimo ntakina! Umugore yafashwe ari kugurisha igitabo kirimo amabwiriza n’amayeri y’uburyo abakobwa bagomba kujya bakura ibyinyo ba sugar daddy, gusa amwe mu mabwiriza n’amayeri ari muri icyo gitabo aratangaje

Yihangiye umurimo ntakina! Umugore yafashwe ari kugurisha igitabo kirimo amabwiriza n’amayeri y’uburyo abakobwa bagomba kujya bakura ibyinyo ba sugar daddy, gusa amwe mu mabwiriza n’amayeri ari muri icyo gitabo aratangaje

Umugore w’imyaka 25 wo mu gihugu cy’Ubuyapani yatawe muri yombi ubwo yari ari kugurisha igitabo kirimo amabwiriza yo gukura ibyinyo ba sugar daddy.

Uyu mugore wiyise Mai yafashwe ari gukwirakwiza iki gitabo mu buryo bufatika no mu buryo bw’imbuga nkoranyambaga.

Muri ibi bitabo yagurishaga birimo amabwiriza atandukanye, kimwe muri byo harimo amabwiriza agira ati” igihe ugiye gukura umusaza ujye umubwira ko mu buto bwawe wanyuze mu buzima bukomeye kugirango akugirire Impuhwe.

Ndetse ujye umubwira ko ujya urwara indwara zidakira kugirango akwiteho ajye aguha amafaranga uko ubishaka”.

Uyu mugore igitabo kimwe yakigurishaga ku madorari 67, ubwo ni ibihumbi bigera kuri 70 rwf, yafashwe amaze gukora copi 2000 z’ibyo bitabo.

Polisi yatangiye gukora iperereza kuri uyu mugore nyuma yuko bari bafashe umukobwa w’imyaka 20 wakuye ibyinyo umusaza akamukuraho million 10💴 zama yapani.

Ubwo uyu mugore yafatwaga basanze nawe hari undi musaza w’imyaka 50 yakuye million 27💴 zama yapani ari wenyine.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubushakashatsi bwagaragaje impamvu abagabo benshi bapfa bari gutera akabariro

“Boyfriend wange yabonye ziriya videwo ahita azinyoherereza” Amashusho ya Dj Briane ari kubyinisha abakobwa b’ibibuno yageze kuri Boyfriend we witwa Manzi, bihita bifata isura