in

Yibuke ko agace agiye kujyamo gafite banyirako! The Ben witegura kujya mu Burundi ararye arimenge

Umuhanzi Big Fizzo wo mu Burundi abinyujije ku rubuga rwa WhatsApp, yibukije The Ben witegura gutaramira i Burundi ko uko byagenda kose akwiye kwibuka ko agace agiye kujyamo gafite ba nyirako.

Big Fizzo yagize ati “Ngo The Ben agiye kuza mu Burundi koko?? Amenye ko aje mu gace gafite ba nyirako.”

Ni ubutumwa Big Fizzo yatangaje mu gihe The Ben ari mu myiteguro yo kwerekeza mu Burundi, aho ateganya gukorera ibitaramo bibiri birimo icyo azakora ku wa 30 Nzeri 2023 n’icyo azakora ku wa 01 ukwakira 2023.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabaye umuzungu! Ubwiza n’imiterere bya Kundwa Doriane miss Rwanda 2015 ikomeje gusaza abasore benshi

Yolo the queen ntiyabibasha! Laika yeretse Yolo The Queen ko akiri umwana mu gakino ahita amutera gapapu yumwihariko nyuma yo kuzunguriza Harmonize bikamurenga