in ,

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Yemerewe akazi ahantu harenga 20 nyuma y’amasaha atatu gusa arangize kaminuza kubera ubwiza

Ubwiza bwe bwamuhesheje akazi akimara kuragiza kwiga

Hillary Nzilani yabayeho mu buzima busanzwe kugeza vubaha ubwo yashyiraga hanze amafoto meza yambaye ikanzu yabarangije amasomo ya kaminuza. Yari amaze imyaka 5 ari umunyeshuri muri kaminuza ikomeye ya Nairobi. Arangije amashuri mu by’ubukungu n’ibarurishamibare, avuga ko yabonye akazi karenga 21 akimara gushyira amafoto ku mbuga nkoranyambaga.

Nzilani  yagize ati”Ubwa mbere natekerezaga arukunkinisha kubersko abenshi bampaga akazi bari bene wacu cyangwa se n’abaturanyi banyishimiraga nubwo bamwe twari tumaze imyaka tuvugana. Nyuma haje kuza abampa akazi ko kuba umuyobozi mukuru wi’ibigo bikomeye.”

Ubwo yasabwaga gutangaza bimwe mubigo byamwemereye akazi, yavuzeko atabitangaza kugirango bitamwicira amahirwe yo kubona akazi muri bimwe muribyo bigo. yagize ati “Nimara gukora interviews ndetse nkabona nakazi muri comoany imwe, nzagaruka mbashimire kumugaragaro, reka nkomeze nsenge akazi kazaboneke” 
Ubwiza bwe bwamuhesheje akazi akimara kuragiza kwiga

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

IFOTO Y’UMUNSI: Miss Ingabire Grace yambaye ikanzu ngufi

Abanyeshuri 10 bafotowe bari mu biteye isoni ||dore ibyahise bibabaho.