in

Yazanye Nyash ku nda! Nyuma yo gusererezwa bikabije imbere y’itangazamakuru, Killa Man yihaye umuhigo ugoranye

Yazanye Nyash ku nda! Nyuma yo gusererezwa bikabije imbere y’itangazamakuru, Killa man yihaye umuhigo ugoranye.

Mu minsi mike ishize, umunyarwenya Killa Man na mugenzi we Nsabi batumiwe mu kiganiro kuri imwe muri television zahano mu Rwanda.

Gusa aba bantu b’abanyarwenya ni abantu bakunda gusererezanya cyane. Dogiteri Nsabi yaserereje Killa Man ko yabyibushye nabi ndetse yazanye na Nyash ku nda.

Killa Man byaramubabaje, none yiyemeje ko atanze amezi atatu gusa akaba asubiye nkuko yari ameze mbere, bivuze ngo agiye gukora imyitozo myinshi asubire nkuko yari ameze mbere kuko ngo yabonye inda yazamuteranya n’inshuti.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta mikino bafite: Abafana ba Rayon Sports bageze kure igikorwa cyo kugura rutahizamu wabahaye ibyishimo

Twarabeshywe ngo Niyigena Clement yarakize none APR FC yatangiye kwinginga umukinnyi byavugwaga ko izasezerera ugomba kumusimbura