in

Yasekeje abantu kubera ibyo arimo gukorana n’uwari umukunzi we wamaze kurongora

Umukobwa yatunguye abantu benshi ubwo yatangaza ko kuri ubu arimo kwiruka ku musore bamaze imyaka 8 batandukanye ndetse akaba yaranamaze gushaka uwe mugore.

Uyu mukobwa uzwi nka Nia yavuze ibi kuri interineti nyuma yo kuvuga inkuru itangaje yubuzima bwumukunzi we nicyemezo yafashe nyuma yo kubimenya ko yamaze kurushinga.

Uyu mukobwa ukiri muto yatangaje ko bakundanye imyaka umunani, maze arongora undi mugore babyarana abana babiri gusa ngo uyu mukobwa na we aracyamukunda ariyo mpamvu akomeje kumukurikirana.

Nia avuga ko atazacika intege ndetse azakomeza kumwiyegereza nubwo azi neza ko uyu wari umukunzi we yamaze gushinga urwe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yanditse igitabo cy’uko wakwica umugabo wawe none yahise abizira

Mu Rwanda: umunyeshuri yaryamye ari muzima bucya yitabye Imana