in

Yari yambaye nk’abayobozi: Umuhanzi Juno Kizigenza yagaragaye mu ishusho nshya ku munsi usobanuye byinshi mu rugendo rwe rw’umuziki nyarwanda (amafoto)

Umuhanzi Juno Kizigenza wamamaye cyane mu gihe cya Covid-19 ubwo yari mu maboko y’umuhanzi Bruce Melodie uyu musore ukunzwe n’imbaga y’abantu yagaragaye mu ishusho nshya yishimira umunsi usobanuye byinshi ku buzima bwe.

Juno Kizigenza uzwiho gukundwa cyane n’inkumi zibizungerezi akaba yarigeze no gukundana n’umuhanzikazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda Ariel Wayz bigatinda uyu munsi Juno yishimiye imyaka itatu amaze ashyize hanze indirimbo ye ya mbere yamugize uwo ari we yise “Mpa formula”.

Juno Kizigenza yishimiye kuba amaze imyaka itatu yose mu muziki nyarwanda kandi ibihangano bye bikunzwe akaba yabinyujije ku rubuga rwa Instagram yishimira imyaka itatu indirimbo ye yise “Mpa formula” ayishyize hanze akaba ari amateka ahambaye kuri Juno Kizigenza ndetse na bakunzi b’indirimbo ze muri rusange.

Amafoto y’umuhanzi Juno Kizigenza yashyize hanze yishimira imyaka itatu amaze mu muziki nyarwanda:

Bimwe mu byo abantu bagiye bayavugaho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abari muri sitade bagize ngo ni indege yo ku butaka! Rwatubyaye Abdul yaparitsi imodoka ye y’akataraboneka i Nyamirambo induru ziravuga – AMAFOTO

Ntiyagombaga kuyigumamo: Umuhanzi Davido yatangaje ko yahunze inzu ye kubera impamvu ikomeye