in

Yabenze Rayon ategereje Apr Fc none yamwihakanye! Umuzamu washatswe na Rayon Sports akayanga ashaka Apr Fc yasinyiye indi kipe

Yabenze Rayon ategereje Apr Fc none yamwihakanye! Umuzamu washatswe na Rayon Sports akayanga ashaka Apr Fc yasinyiye indi kipe.

Umuzamu Nicholas SEBWATO yamaze gusinyira ikipe ya MUKURA VS.

Uyu muzamu yasinye amasezerano y’imyaka igera kuri ibiri muri ikipe ibarizwa mu ntara y’Amajyepfo.

Uyu muzamu yasinyiye Mukura nyuma yo gushakwa na Rayon Sports gusa ntibyacamo kuko we yari yarabwiwe ko APR FC imushaka gusa byaje kurangira yisubiriye muri Mukura.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Burya bavanze byose ariko ntibavanze amakipe: umugore wa Jean Paul yanze kuririmba Rayon Sports

Umuhanzi ukomeye Bahati wo muri Kenya ari I Kigali